Mu nkuru mperutse kumva, hari abarundi ngo barenga 70 bafungiye ku kibuga cy'indege mu gihugu cya Phillipines. Bakaba bari hamwe n'abandi baturuka mu bindi bihugu byo muri Africa. Amakuru ahari avuga ko bafashwe bagafungirwa mu nyubako zo ku kibuga,bakaba bamazemo amezi agera kuri atandatu. Bataka ko batitabwaho, kuko ngo n'ufite amafaranga atemererwa kugira icyo ayagura, kandi kugaburirwa no kubahoo kuri bo bikaba bigorana.
Isi ya none ihora iririmba guca ubusumbane n'akarengane, bitanavuze ko twirengagiza abanyabyaha bashobora kubyihisha inyuma, umuntu abungera kuko aho yari ari ubuzima bwanze. Iyo aguhungiyeho aho kumufasha ukamufunga, ni bwo bumuntu? Ni ikibazo kiri ku isi yose si mu bihugu bimwe. Nyamara abantu bamwe bandi barayashora mu gukora ibitwaro byo kwica abandi, mu gihe abandi bo badafite n'icyo barya
Isi ya none ihora iririmba guca ubusumbane n'akarengane, bitanavuze ko twirengagiza abanyabyaha bashobora kubyihisha inyuma, umuntu abungera kuko aho yari ari ubuzima bwanze. Iyo aguhungiyeho aho kumufasha ukamufunga, ni bwo bumuntu? Ni ikibazo kiri ku isi yose si mu bihugu bimwe. Nyamara abantu bamwe bandi barayashora mu gukora ibitwaro byo kwica abandi, mu gihe abandi bo badafite n'icyo barya