Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bwongereza yasabye abaturage b’icyo gihugu guhunga bakava i Goma, nyuma y’uko M23 itangaje ko yiteguye kubohora uwo Mujyi.
Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, ku gicamunsi cyo ku wa 23 Mutarama, yatangaje ko abatuye muri uyu mujyi bababaye cyane, abateguza kubohorwa.
Ingabo za RDC zohereje indege z’intambara mu bice byegereje Sake, kugira ngo zikure abarwanyi ba M23 muri uyu mujyi. Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Maj Peter Cirimwami yagiye kuzitera ingabo mu bitugu ariko byabaye iby’ubusa, kuko amakuru ahari kugeza ubu avuga ko ubwo yari yigize nka RAMBO mu bisheke, sniper wa M23 yamuhaye nyina.
Umuvugizi wa M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, ku gicamunsi cyo ku wa 23 Mutarama, yatangaje ko abatuye muri uyu mujyi bababaye cyane, abateguza kubohorwa.
Ingabo za RDC zohereje indege z’intambara mu bice byegereje Sake, kugira ngo zikure abarwanyi ba M23 muri uyu mujyi. Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Gen Maj Peter Cirimwami yagiye kuzitera ingabo mu bitugu ariko byabaye iby’ubusa, kuko amakuru ahari kugeza ubu avuga ko ubwo yari yigize nka RAMBO mu bisheke, sniper wa M23 yamuhaye nyina.