Agahinda k'umukecuru usongwa n'abayobozi

Agahinda k'umukecuru usongwa n'abayobozi

Twin_Kids

JF-Expert Member
Joined
Feb 25, 2016
Posts
3,692
Reaction score
5,647
Ati: “Aha na ho ndahagera agahinda kakenda kumpitana kuko yari ifite agaciro k’amafaranga 400.000, ariko kuko yari yapfuye bayigurisha amafaranga 150.000 bampamo 5.000 gusa andi yose bayajyana ku Murenge bambwira ko bazanshumbusha, n’ubu imyaka 8 irashize.”
Ni imvugo y'umukecuru w'imyaka 65, uvuga ko abayeho ubuzima bushaririye nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi yamumazeho abe, ndetse akanaterwa inda n'interahamwe atamenye, gusa akayibyara, ubu akaba ari kumwe n'umukobwa we n'abuzukuru be babiri.

Ikibazo: koko yorore inka,imuvune,mu bushobozi bucye, abazi kugurisha bagurishe, bamuhe ibihumbi 5 gusa? Imyaka 8 ikaba ishize! Ngabo abayobozi u Rwanda rwibitseho! Badatinya no kurya utwa rubanda. Nyamara ayo gukoresha ibidafututse ubuyobozi ntibuyabura, ariko ayo gufasha abaturarwanda ntaboneka
 
Back
Top Bottom