Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Hari abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka NYANZA,
bavuga ko intambi zirimo guturitswa mu ikorwa ry'umuhanda uhuza akarere ka Nyanza n'aka Bugesera zatumye bavanwa mu nzu zabo, ubu bakaba bari mu macumbi aho bavuga ko bahuriramo n'imbogamizi kuko nubwo bahawe amafaranga yo gukodesha ariko ari make ku buryo harimo abatarashoboye kubonamo inzu zikwiranye n'imiryango yabo
bavuga ko intambi zirimo guturitswa mu ikorwa ry'umuhanda uhuza akarere ka Nyanza n'aka Bugesera zatumye bavanwa mu nzu zabo, ubu bakaba bari mu macumbi aho bavuga ko bahuriramo n'imbogamizi kuko nubwo bahawe amafaranga yo gukodesha ariko ari make ku buryo harimo abatarashoboye kubonamo inzu zikwiranye n'imiryango yabo