Bukavu: Abayobozi bahungishije imiryango, amashuri n’amaduka birafunga

Bukavu: Abayobozi bahungishije imiryango, amashuri n’amaduka birafunga

Marie Antoinette

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
426
Reaction score
412
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Bukavu baravuga ko abayobozi n’abanyamafaranga bahungishirije imiryango yabo mu Mujyi wa Bujumbura n’ahandi. Amashuri, amaduka ndetse n’amabanki byafunze.
Abanya-Bukavu bavuga ko n’abanyakazi batarimo gukora kuko batangiye kwikanga umutwe wa M23.
Umwe muri abo yagize ati: ‘Ibi bikorwa byose bijya gufungwa, amakuru yabanje gucicikana avuga ko umutwe wa M23 uri mu marembo y’ikibuga cy’indege cya Kavumu.
Cyakora, bakavuga ko abavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi batewe impungenge ko abashyigikiye Perezida Tshisekedi bashobora gusiga bihoreye mbere y’uko bahunga.
Uyu yagize ati: ‘Ku rundi ruhande, hari abiteguye gusasa imikindo n’ibitenge mu muhanda kugira ngo bakirane ubwuzu M23.
Uyu muturage avuga ko hari n’umutegetsi muri uyu Mujyi wa Bukavu wateguye inka yo kwakira uyu mutwe wa M23 nk’ikimenyetso cy’uko bawishimiye.
 
Tshekedi agomba guhurira hamwe na m23 kugirango akemure amakimbirane
 
Back
Top Bottom