Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), rukomeje gusobanura ko kwizigamira muri EjoHeza nta gahato karimo, ahubwo ko umunyamuryango wayo yungukirwa buri mwaka amafaranga angana na 12% by’ayo yizigamiye.
Ngoga wa RSSB amaze kumva abaturage binuba, yagize ati "Ntabwo dushobora kuva muri studio (ya radio) tutavuze ibijyanye n’aho umuturage yimwa serivisi, kubera ko atizigamiye muri Ejo Heza, ibyo byaba ari ikibazo, ababikoze bakwiriye kubibazwa, ni ko tubyemera."
Ngoga avuga ko n’ubwo habaho imihigo y’abayobozi mu kugira umubare munini w’abitabira EjoHeza, gutanga ubwo bwizigame bikwiye kuva mu bukangurambaga aho kuva ku gushyirwaho agahato.
Ngoga wa RSSB amaze kumva abaturage binuba, yagize ati "Ntabwo dushobora kuva muri studio (ya radio) tutavuze ibijyanye n’aho umuturage yimwa serivisi, kubera ko atizigamiye muri Ejo Heza, ibyo byaba ari ikibazo, ababikoze bakwiriye kubibazwa, ni ko tubyemera."
Ngoga avuga ko n’ubwo habaho imihigo y’abayobozi mu kugira umubare munini w’abitabira EjoHeza, gutanga ubwo bwizigame bikwiye kuva mu bukangurambaga aho kuva ku gushyirwaho agahato.