Mu kiganiro kuri televisio y'u Rwanda, ari kumwe na Divin Uwayo na Ambasaderi Mutaboba, abajijwe ku cyo abona cyakemura amakimbirane hagati y'u Rwanda na Congo,yavuze ko nta yandi mahitamo ubu uretse gukoresha umunzani w'imbaraga; abantu ngo bakicara bakaganira ku kibazo bagihereye ku mu mizi bakabona kugikemura. Byakwanga, hakitabazwa imbaraga, ngo urushije undi agatuza agashyira iherezo ku kibazo.