Kuri ubu, biravugwa ko Compagnie ya MTN Rwanda yaba yongereye ubuso ikoreraho kugera kuri Km10 uvuye ku mipaka ihuza Congo n’u Rwanda. Ibi byahaye amahirwe menshi abatuye i Goma. N’ubwo bakigowe no kubona amasimcard bakoresha, kuko bikibasaba kwambuka bakajya kuyashaka mu Rwanda, kandi bikaba bisaba ko berekana ibyangombwa, ariko ababashije kuzibona barishimira ko ubuzima bwongeye kugaruka.
Amazi ibice bimwe na bimwe ubu birayafite, umuriro w’amashanyarazi uri hadi kugera mu mujyi hose, kuko aho uri hageze hejuru ya 75% by’ababasha kuwubona mu mujyi wose.
M23 yasezeranyije abaturage ituze, umurekano n’imikoranire. Ndetse irakangurira abantu bose kongera gusubira mu byabafashaga kubaho.
Hagati aho, abasirikare na ba Wazalendo barenga ibihumbi 4, bakaba bamaze kugezaa mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, aho bagiye kwigishwa indangagaciro z’umusirikare ukwiye. Abazabiahaka bazakomeza akazi ku ruhande rwa M23, kandi barakomeza kubarirwa umushahara wabo. Abo muri Wazalendo, barigishwa uko bakwihangira imirimo, abujuje ibisabwa babe bakwemererwa guhabwa amahigurwa ya gisirikare abinjiza mu mwuga.
Amazi ibice bimwe na bimwe ubu birayafite, umuriro w’amashanyarazi uri hadi kugera mu mujyi hose, kuko aho uri hageze hejuru ya 75% by’ababasha kuwubona mu mujyi wose.
M23 yasezeranyije abaturage ituze, umurekano n’imikoranire. Ndetse irakangurira abantu bose kongera gusubira mu byabafashaga kubaho.
Hagati aho, abasirikare na ba Wazalendo barenga ibihumbi 4, bakaba bamaze kugezaa mu kigo cya gisirikare cya Rumangabo, aho bagiye kwigishwa indangagaciro z’umusirikare ukwiye. Abazabiahaka bazakomeza akazi ku ruhande rwa M23, kandi barakomeza kubarirwa umushahara wabo. Abo muri Wazalendo, barigishwa uko bakwihangira imirimo, abujuje ibisabwa babe bakwemererwa guhabwa amahigurwa ya gisirikare abinjiza mu mwuga.