Gufungwa by'agateganyo, iminsi 30 ikazagera ku myaka

Marie Antoinette

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
426
Reaction score
412
Mu gihe hari abafungwa iminsi 30 y’agateganyo iteganywa n’itegeko ariko bakayirenza bataraburana, kandi bagifunzwe , Minisitiri w’ubutabera avuga ko hari ubwo ibikenewe biba bitaranozwa, bityo bigatuma iminsi yongerwa ariko bitaba bigamije kurenganya abantu.

Ubyumva ute?
 
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…