Mu gihe hari abafungwa iminsi 30 y’agateganyo iteganywa n’itegeko ariko bakayirenza bataraburana, kandi bagifunzwe , Minisitiri w’ubutabera avuga ko hari ubwo ibikenewe biba bitaranozwa, bityo bigatuma iminsi yongerwa ariko bitaba bigamije kurenganya abantu.
Ubyumva ute?