Umusore w’imyaka 33 y’amavuko wo muri MUHANGA
mu murenge wa Kabacuzi arembeye mu rugo, nyuma y’imyaka 10 akoze impanuka akavunika umugongo, arasaba abagiraneza kumufasha kubona ubushobozi bwo kwivuza.
Abayobozi mu nzego z'ibanze batagira bene aya makuru abanza gutegereza itangazamakuru, bamariye iki rubanda?
mu murenge wa Kabacuzi arembeye mu rugo, nyuma y’imyaka 10 akoze impanuka akavunika umugongo, arasaba abagiraneza kumufasha kubona ubushobozi bwo kwivuza.
Abayobozi mu nzego z'ibanze batagira bene aya makuru abanza gutegereza itangazamakuru, bamariye iki rubanda?