Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu avuga ko hagiye kongerwa ubukangurambaga ku mikorere y’inshuti z’umuryango n’umugoroba w’ababyeyi kuko hari ibibazo byinshi bibangamiye imiryango byakemurwa n’izi nzego bitabaye ngombwa kujya mu nkiko.
Avuga kandi ko umuryango ufite ibibazo bitandukanye birimo kuba hari imiryango ibana mu buryo butemewe n’amategeko, kuba abaturage badafite ubumenyi ku itegeko ry’umuryango.
Cyera ko babanaga batarasezeranye,byabujije abantu kubana no kubahana? Babanze bigishe abantu icyo bita uburinganire, babanze barebe icyo bita CNF. Aho mushakira ikibazo muyobozi siho kiri. Uyu munsi mu muryango, abagore ni bo benshi bifuza gutandukana n'abo babana. Ubu se koko arebye mu basezeranye yasanga ari miseke igoroye? Gusezerana ubu ni ukwizirikaho igisasu.
Avuga kandi ko umuryango ufite ibibazo bitandukanye birimo kuba hari imiryango ibana mu buryo butemewe n’amategeko, kuba abaturage badafite ubumenyi ku itegeko ry’umuryango.
Cyera ko babanaga batarasezeranye,byabujije abantu kubana no kubahana? Babanze bigishe abantu icyo bita uburinganire, babanze barebe icyo bita CNF. Aho mushakira ikibazo muyobozi siho kiri. Uyu munsi mu muryango, abagore ni bo benshi bifuza gutandukana n'abo babana. Ubu se koko arebye mu basezeranye yasanga ari miseke igoroye? Gusezerana ubu ni ukwizirikaho igisasu.