Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Nyuma y’aho ikibuga cy’indege cya Goma cyari cyemerewe gukoresha indege za UN gusa, mu masaha y’ikigoroba byarangiye ihinduye uwo mwanzuro na zo zibuzwa kuhagwa. Ni nyuma y’uko ingabo za SAMIDRC zirashe kuri M23 zirengagije amasaha zari zahawe yo kuba zashyize intwaro hasi. Imirongo y’imodoka za MONUSCO zuzuyemo abasirikare zagaragaye zeekeza i Rubavu mu Rwanda. Amakuru akavuga ko muri iyo mirwano, Africa yepfo yaba yongeye kuhatakariza ingabo n’ibikoresho byinshi, aho bivugwa ko bashiriwe, biga amahirwe M23 yo kubamishaho ibisasu biremereye.
Abakozi bayo n’imiryango yabo bagera ku 2,040 ni bo barimo gukurwa mu kigo cya MONUSCO aho bari bahungiye.
Uyu mwaka ushobora gusiga UN isebye ku rwego mpuzamahanga, na Africa y’epfo ikaba nitava muri SADC ishobora kutazongera kugira aho ijya.
Abakozi bayo n’imiryango yabo bagera ku 2,040 ni bo barimo gukurwa mu kigo cya MONUSCO aho bari bahungiye.
Uyu mwaka ushobora gusiga UN isebye ku rwego mpuzamahanga, na Africa y’epfo ikaba nitava muri SADC ishobora kutazongera kugira aho ijya.