Kugeza ubu moto imaze igihe kiri munsi y’imyaka itanu ubwishingizi bwayo ni 184 000 Frw ku mwaka, na ho imaze imyaka irenga itanu ikishyuzwa ibihumbi 225 Frw, mu gihe irenze imyaka 10 yo igiciro kijya hejuru yayo. Twongereho ko mu mujyi nta yizongera kwemererwa gukoreramo ikoresha essence. Wasanga ubu n'umuntu ku giti cye atari umumotari muri Kigali atazayitungiramo!