Nyamara mu murenge wa Mayange mu karere ka Bugesera, hari abana bigira munsi y'igiti. Mu gihugu nk'u Rwanda, ibyo bintu birashoboka? Niba ari ukuri rero, ubwo uwareba muri raporo zose zitangwa, harimo ikibazo! Ariko igihugu ngo cyanahembwe kwemererwa guhimba ijambo gutekinika.