Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo.
Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe, uherereye muri km 70 uvuye mu mujyi wa Bukavu, wigaruriwe na M23. Nyabibwe kandi, iherereye muri km 30 uvuye ku kibuga cy'indege cya Kavumu.
Mu minsi ibiri ishize, leta n'imiryango mpuzamahanga bakuye abakozi n'abayobozi bakoreraga muri uwo mujyi.
Umuvugizi wa M23 abajijwe niba amakuru avugwa ari yo, yavuze ko ahuze atagira icyo atangaza kuri ayo makuru.
Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe, uherereye muri km 70 uvuye mu mujyi wa Bukavu, wigaruriwe na M23. Nyabibwe kandi, iherereye muri km 30 uvuye ku kibuga cy'indege cya Kavumu.
Mu minsi ibiri ishize, leta n'imiryango mpuzamahanga bakuye abakozi n'abayobozi bakoreraga muri uwo mujyi.
Umuvugizi wa M23 abajijwe niba amakuru avugwa ari yo, yavuze ko ahuze atagira icyo atangaza kuri ayo makuru.