Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Inama ya EAC yasabye leta ya RD Congo kugirana ibiganiro bitaziguye n’imitwe yose yitwaje intwaro ikorera ku butaka bwayo harimo na M23.
Iyo nama Perezida Tshisekedi wa DRC ntayo yitabiriye.
Kinshasa ivuga ko itazigera igirana ibiganiro n’umutwe w’iterabwoba. Ishinja kandi leta y’u Rwanda kuba ari yo iri inyuma y’umutekano mucye mu burasirazuba bw’icyo gihugu.
U Rwanda na rwo mu bihe bitandukanye rwagiye rugaragaza ko rubangamiwe n’imitwe ya FDLR na FLN ikorera ku butaka bwa Congo, isaba ko yasenywa byakwanga ikaba yabyikorera.
Hategerejwe inama izahuza EAC na SADC mu rwego rwo gushakira hamwe igisubizo cy’icyo kibazo.
Iyo nama Perezida Tshisekedi wa DRC ntayo yitabiriye.
Kinshasa ivuga ko itazigera igirana ibiganiro n’umutwe w’iterabwoba. Ishinja kandi leta y’u Rwanda kuba ari yo iri inyuma y’umutekano mucye mu burasirazuba bw’icyo gihugu.
U Rwanda na rwo mu bihe bitandukanye rwagiye rugaragaza ko rubangamiwe n’imitwe ya FDLR na FLN ikorera ku butaka bwa Congo, isaba ko yasenywa byakwanga ikaba yabyikorera.
Hategerejwe inama izahuza EAC na SADC mu rwego rwo gushakira hamwe igisubizo cy’icyo kibazo.