Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
RIB yatangiye gukora nyuma y' Itegeko rishyiraho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyizweho mu 2017 ryateganya ko RIB ifite inshingano zikurikira.
kwinjira mu nyubako n’ahantu hakekwaho kuba hafitanye isano n’amakuru ashakwa,Gufata abakekwaho ibyaha no kubafunga n'ibindi bitandukanye.
Ikintu cy'ingenzi gikomeye ni uko RIB ikora nk'ishami neza neza Polisi y'u Rwanda yagiraga ryitwa CID mu byo nibuka ni uko ryigeze kuyoborwa CP Theos Badege.
Ubundi CID rwari urwego rw'Ubugenzacyaha muri Polisi u Rwanda.
RIB yatangiye ifite abakozi 869 kuri ubu ikaba ifite barenga 1000.
RIB mu gukora kinyamwuga nk'urwego rushya mu 2022 abakozi b’Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha batangiye gukora bambaye impuzankano nshya kandi bakaba bagaragara neza.
kwinjira mu nyubako n’ahantu hakekwaho kuba hafitanye isano n’amakuru ashakwa,Gufata abakekwaho ibyaha no kubafunga n'ibindi bitandukanye.
Ikintu cy'ingenzi gikomeye ni uko RIB ikora nk'ishami neza neza Polisi y'u Rwanda yagiraga ryitwa CID mu byo nibuka ni uko ryigeze kuyoborwa CP Theos Badege.
Ubundi CID rwari urwego rw'Ubugenzacyaha muri Polisi u Rwanda.
RIB yatangiye ifite abakozi 869 kuri ubu ikaba ifite barenga 1000.
RIB mu gukora kinyamwuga nk'urwego rushya mu 2022 abakozi b’Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha batangiye gukora bambaye impuzankano nshya kandi bakaba bagaragara neza.