Tour du Rwanda 2024 yaratangiye

Tour du Rwanda 2024 yaratangiye

Marie Antoinette

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
426
Reaction score
412
Nyuma yo kwirukanwa kw'abayobozi 11 mu karere ka Nyamasheke, aho byitwa ko banditse basezera ku mirimo,ni inkuru na yo ikomeje kuvugisha benshi,nyuma y'uko meya Kibiliga Anicet na bamwe mi bo bari bafatanyije kuyobora,birukanwe, na bo bikitwa ko beguye.
Byagiye bigaragara kenshi ko mu mpera z'umwaka,uturere hafi ya twose tunyuza umweyo mu bayobozi. Igitangaje ni inyito bihabwa, aho byitwa ko uwirukanwe wese aba yanditse asezera,ndetse bikavugwa ko aba ari ku mpamvu ze bwite. Ibi bivuze ko ubwo na ya mategek agenga umurimo aba atubahirijwe, kandi uwagizweho ingaruka,akaba ntaho yashakira ubutabera.
Aha umuntu yahita yibaza umuntu wakoreye igihugu,akirukanwa atya, harya ajya kubaho ubuhe buzima? Umuryango we, uba ugiye kubaho ubuhe buzima?
 
Back
Top Bottom