U Rwanda rugiye kuzana abaganga bo muri Cuba, bazajya bavura bakanigisha abakora mu buvuzi mu kurushaho kuzamura umubare w’abakora muri urwo rwego.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu mezi atatu ari imbere aba mbere bashobora kuba bageze mu Rwanda, kandi biteganyijwe ko abazaza bazoherezwa mu bitaro byigisha biri mu Ntara zitandukanye.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu mezi atatu ari imbere aba mbere bashobora kuba bageze mu Rwanda, kandi biteganyijwe ko abazaza bazoherezwa mu bitaro byigisha biri mu Ntara zitandukanye.