Ibikorwa byo gusahura n’ubugizi bwa nabi bikomeje gufata indi ntera i Kinshasa mu murwa mukuru wa RDC. Ni ibikorwa byagiye binagaragaramo abasirikare b’iki gihugu.
Byakuruwe ahanini n’imyigaragambyo yahamagajwe na Leta ya RDC, mu kwamagana ifatwa ry’Umujyi wa Goma.
Byakuruwe ahanini n’imyigaragambyo yahamagajwe na Leta ya RDC, mu kwamagana ifatwa ry’Umujyi wa Goma.