Ibikorwa byo gusahura n’ubugizi bwa nabi bikomeje gufata indi ntera i Kinshasa mu murwa mukuru wa RDC. Ni ibikorwa byagiye binagaragaramo abasirikare b’iki gihugu.
Byakuruwe ahanini n’imyigaragambyo yahamagajwe na Leta ya RDC, mu kwamagana ifatwa ry’Umujyi wa Goma.