Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Umujyi wa Kigali, kuva ejo kuwa 24 Ukuboza 2024, washyizeho ibice bitandukanye bitegerwamo imodoka zigana mu ntara kubera ubwinshi bw'abagenzi bajya kwizihiza iminsi mikuru. Abagenzi bose babashije kuganira n'itangazamakuru,bagaragaje ko bishimiye izo mpinduka.
Kimwe mu byo bishimira ni uko bitandukanye n'imyaka yashize, ubu birashobokera buri wese kubona imodoka imugeza aho agana. Byongeye kandi abajyaga bagurishwa amatike y'ibicupuri n'andi ahenze ugereranyije n'igiciro kizwi, ntabwo bikiri kugaragara.
Tubifurize Noheli nziza n'umwaka mushya muhire w'2025.
Kimwe mu byo bishimira ni uko bitandukanye n'imyaka yashize, ubu birashobokera buri wese kubona imodoka imugeza aho agana. Byongeye kandi abajyaga bagurishwa amatike y'ibicupuri n'andi ahenze ugereranyije n'igiciro kizwi, ntabwo bikiri kugaragara.
Tubifurize Noheli nziza n'umwaka mushya muhire w'2025.