Abakurambere bacu, bakoze uko bashoboye,hagati y'inyamaswa ebyiri, biga guhitamo kandi babigeraho. Nta zindi ni indogobe n'imparage.
Izi nyamaswa ziteye kimwe n'ubwo uruhu rwazo ruzitandukanya, buri wese akaba yakunda imparage. BAhisemo rero bashingiye kuri bimwe muri ibi:
-Ni iyihe muri izi wabasha kubana nayo
-Ni iyihe yabasha kugira icyo igukorera
-Ni iyhe yakwemera amabwiriza uyihaye
-Ni iyhe izakubera inyangamugayo
-YNi iyhe izabana nawe mu bihe byose ntigutoroke
-YNi iyhe wagaburira ikanyurwa n'ibyo uyihaye igahaga
Byarangiye bahisemo indogobe, imparage bayivaho.
Ntabwo bakeneye kwita ku mabara yayo kuko ubwiza bwayo bwonyine butari buhagije.
Ab'ubu ntidushaka guhitamo hagati y'indogobe n'imparage. Muri macye imparage ntiyororwa. Bishoboka ko hari icyo wamukoresha, wakimukoresha iyo mu ishyamba ubundi ukitahira iwawe. Amabuno,ubwiza n'ibara ry'uruhu ntibizaguhume amaso ngo uhe agaciro imparage. Hari umunsi utazi, izigendera nta mpamvu, yisubirire mu gasozi aho yamenyereye kandi ntacyo uzakora.
Nta ho bihuriye n'imparage n'indogobe, uwumva yumve.
Izi nyamaswa ziteye kimwe n'ubwo uruhu rwazo ruzitandukanya, buri wese akaba yakunda imparage. BAhisemo rero bashingiye kuri bimwe muri ibi:
-Ni iyihe muri izi wabasha kubana nayo
-Ni iyihe yabasha kugira icyo igukorera
-Ni iyhe yakwemera amabwiriza uyihaye
-Ni iyhe izakubera inyangamugayo
-YNi iyhe izabana nawe mu bihe byose ntigutoroke
-YNi iyhe wagaburira ikanyurwa n'ibyo uyihaye igahaga
Byarangiye bahisemo indogobe, imparage bayivaho.
Ntabwo bakeneye kwita ku mabara yayo kuko ubwiza bwayo bwonyine butari buhagije.
Ab'ubu ntidushaka guhitamo hagati y'indogobe n'imparage. Muri macye imparage ntiyororwa. Bishoboka ko hari icyo wamukoresha, wakimukoresha iyo mu ishyamba ubundi ukitahira iwawe. Amabuno,ubwiza n'ibara ry'uruhu ntibizaguhume amaso ngo uhe agaciro imparage. Hari umunsi utazi, izigendera nta mpamvu, yisubirire mu gasozi aho yamenyereye kandi ntacyo uzakora.
Nta ho bihuriye n'imparage n'indogobe, uwumva yumve.