Umuhinde washakishwaga iwabo kubera iterabwoba,yoherejwe iwabo aho yari afungiye mu Rwanda

Umuhinde washakishwaga iwabo kubera iterabwoba,yoherejwe iwabo aho yari afungiye mu Rwanda

Marie Antoinette

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
426
Reaction score
412
Umuhinde Salman Khan, washakishwaga n'inzego z'umutekano, zirimo na polisi mpuzamahanga, yasubijwe iwabo nyuma y'igihe yari amaze afungiye mu Rwanda.
Khan yafashwe kuwa 9 Nzeri 2024 nyuma yo kugera mu Rwanda,ku busabe bwa InterPol.
Nyuma yo gufatwa,yafungiwe mu Rwanda. Ntiyahise yoherezwa iwabo aho yakoreye icyaha, kuko ibihugu byombi bitari bifitanye amasezerano yo guhanahana abanyabyaha.
Byabaye ngombwa ko ibihugu byombi biganira kuri icyo kibazo,ndetse hafatwa umwanzuro ko ayo masezerano asinywa,kugira ngo uwashakishwaga asubizwe iwabo,aho yakoreye icyaha. Ibyo kandi bivuze ko guhera aho masezerano yasinywa, umunyarwanda wese waba ashakishwa cg afite ibyo akeskwaho, yaba arebwa n'aya masezerano. Bivuze ko na we agomba gufatwa agashyikirizwa leta y'u Rwanda.
 
Back
Top Bottom