Umunyamabanga wa African Union ngo ahangayikishijwe n’ibibera muri Congo!

Umunyamabanga wa African Union ngo ahangayikishijwe n’ibibera muri Congo!

Marie Antoinette

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
426
Reaction score
412
Perezida wa Komisiyo y'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, African Union Moussa Faki Mahamat, yatangaje ko ahangayikishijwe n'umutekano mucye uri mu burasiraazuba bwa Congo.

Asaba impande zombi kuyoboka inzira y'ibiganiro bya Luanda, biyobowe na João Lourenço.

Kandi ubu arakeka ko twibagiwe ko ejobundi aha ari umwe mu bashyigikiraga ko Nigeria itera igihugu gituranyi!? Ibya Congo buriya icyo atazi ni iki? Mbere yo kujya kwa Lourenço yarebaga he!?
 
Back
Top Bottom