Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Nyuma y’ibyo yakoze mu Rwanda mu 1994, amateka yongeye kwisubiramo nyuma y’imyaka 31. Mu myaka irenga 20 bari bamaze muri Congo, bagiye bavugwa mu myitwarire idahwitse. Nyuma yo kugaragaza uruhande babogamiyeho, M23 yafashe umwanzuro wo guhangana na bo. Nyuma yo kuvugwa ko hamaze kugwa abarenga 13 mu minsi ibiri gusa, kamdi bigaragara ko intambara ifite ubukana bukabije, ndetse bose bamaze kugoterwa mu mujyi wa Goma, bahawe amasaha 48 gusa yo kuba bashyize intwaro hasi. UN yahisemo kuvana abakozi bayo muri uwo mujyi, aho bari kwerekezwa ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda.
Hari ubutumwa ibi bitanga, mu gihe abavandimwe bamarana, kamdi ihari, byakomera ikigendera, ibi bikwiye gushyirwaho akadomo aho bigeze.
Ariko hari umusaza wigeze gutanga ubutumwa ababwira ko imyaka bamaze ntacyo bagezeho, bityo bareka abo bireba bakabyikemurira. Ikigaragara biri mu nzira.
Hari ubutumwa ibi bitanga, mu gihe abavandimwe bamarana, kamdi ihari, byakomera ikigendera, ibi bikwiye gushyirwaho akadomo aho bigeze.
Ariko hari umusaza wigeze gutanga ubutumwa ababwira ko imyaka bamaze ntacyo bagezeho, bityo bareka abo bireba bakabyikemurira. Ikigaragara biri mu nzira.