Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Kubeshya inzego z’umutekano mu Rwanda ni ibintu bigoye cyane. Umutekano mu Rwanda ni priority number 1. Noneho ku Munyarwanda bikaba akarusho.
Ya debate imaze iminsi ngo y’abanyamahanga bakubise abanyarwanda irimo ibintu byinshi bitaribyo kandi hari na facts.
Uwanditse avuga ko yakubiswe,
(1) Icyambere ntiyari ari aho ibyo yanditse byabereye.( ni inkuru na we yabwiwe)
Ayandikana amakabyankuru menshi anayandika nk’uwari uhari. Hari video zigaragaza uko byagenze.
(2) N’abo banyamahanga yewe ntabwo ari abo muri Sudan! Nabonye bamwe batangiye gushaka kwibasira abanyasudani kuri twitter kubera ibihuha bavuzweho.
Burya mu Rwanda wakora byose ariko kubeshya inzego z’umutekano biragoye cyane.
Mu Rwanda dufite umuco wacu wo kwakira abanyamahanga gusa umunyamahanga wishe amategeko yo mu Rwanda arahanwa. Naza mageragere bariyo.
Ya debate imaze iminsi ngo y’abanyamahanga bakubise abanyarwanda irimo ibintu byinshi bitaribyo kandi hari na facts.
Uwanditse avuga ko yakubiswe,
(1) Icyambere ntiyari ari aho ibyo yanditse byabereye.( ni inkuru na we yabwiwe)
Ayandikana amakabyankuru menshi anayandika nk’uwari uhari. Hari video zigaragaza uko byagenze.
(2) N’abo banyamahanga yewe ntabwo ari abo muri Sudan! Nabonye bamwe batangiye gushaka kwibasira abanyasudani kuri twitter kubera ibihuha bavuzweho.
Burya mu Rwanda wakora byose ariko kubeshya inzego z’umutekano biragoye cyane.
Mu Rwanda dufite umuco wacu wo kwakira abanyamahanga gusa umunyamahanga wishe amategeko yo mu Rwanda arahanwa. Naza mageragere bariyo.