U Rwanda rugiye kuzana abaganga bo muri Cuba, bazajya bavura bakanigisha abakora mu buvuzi mu kurushaho kuzamura umubare w’abakora muri urwo rwego.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu mezi atatu...
Mu kwezi kwa kane umugabo duturanye bamutemeye inka yahawe na FARG , binkora k'umutima mpiga umuhigo wo kuzamufasha kubona indi , inshuti ziranshyigikira none k'umugoroba nyuma ya Bigogwe...
Jean de Dieu Tuyizere
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa 8 Mata 2024 yakiriye Bill Clinton wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, baganira ku ngingo zirimo intambara ibera mu burasirazuba...
Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ku Isi yose, bifatanyije n’u Rwanda mu muhango udasanzwe wo gutangira icyumweru cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ni umuhango witabiriwe...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 06, Mata, 2024 umugaba mukuru w’ingabo za Repubulika ya Tchèque witwa Lieutenant General Karel Řehka n’abagize itsinda rye bahuye na muganzi we uyobora iz’u Rwanda...
Mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya kabiri mu mupira w’amaguru mu bagabo,Miroplast yakinaga na Impeesa kuri uyu wa Gatandatu, inka nazo ziri kurisha mu kibuga.
Abashumba bari bashoyeinka...
Kuri iki Cyumweru abantu barohamye mu bwato bwaganaga ku kirwa cya Nampula muri Mozambique, abagera kuri 90 bahasiga ubuzima.
Amakuru avuga ko intandaro y’iyi mpanuka ari uburemere bukabije...
Nshimiyimana Jean Baptiste
Perezida Paul Kagame yatangaje ko mu minsi yegereza iya nyuma mu rugamba rwo guhagarika Jenosidete yakorewe Abatutsu mu 1994, Ingabo z’Abafaransa zamutumyeho Gen Romeo...
https://www.nytimes.com/2023/04/11/opinion/paul-kagame-rwanda-britain.html
Kuba afite imbaraga ku butegetsi ntibishoboka. Kuva abaye perezida mu myaka 20 ishize, yongereye igihe ntarengwa...
Buri tariki ya 7 Mata, guhera mu mwaka w'1995, ni umunsi ngaruka mwaka wahariwe kwibuka inzirakarengane z'abanyarwanda,bishwe urw'agashinyaguro bazira uko bavutse.
Uyu munsi, ni ku nshuro ya 30...