Bisi 100 zitwara abagenzi zari zitegerejwe zarahageze
Ni Bisi zije nyuma y’uko mu kwezi k’Ukwakira hari herekanywe izindi bisi 20, na zo zahise zitangira gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, mu...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muringa ,Akagari ka Muringa , mu karere ka Nyabihu, basenyewe n’ibiza , bavuga ko bamaze imyaka itanu basembera bityo bakaba basaba ubufasha.
Bamwe mu...
AMASHUSHO: Abayisilamu bo mu Rwanda by’umwihariko abo mu Mujyi wa Kigali, bahuriye kuri Kigali Pelé Stadium i Nyamirambo mu isengesho ry’Umunsi Mukuru wa Eid al-Fitr, usoza igisibo cy’Ukwezi...
Mu gihe habura amasaha macye ngo idini rya Islam ryizihize umunsi w’irayidi, ubuyobozi bw’iri dini bwasabye abayoboke bayo ko kuri uwo munsi mukuru ibikorwa byo gusabana no kwidagadura bitemewe...
Guverinoma ya Zimbabwe yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gushyiraho ifaranga rishya no gusimbuza iryataye agaciro. Iki cyemezo kije mu mezi ashize rigaragaza guta agaciro bikabije ndetse...
Professor Senait Fisseha ufite ubwenegihugu bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ethiopia yagarutse ku kintu cyatumye ava aho yari atuye muri Amerika akaza gutura mu Rwanda we n’umuryango we...
Amakuru avuga ko uyu musirikare yarashe izi nka mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 9 Mata 2024.
Inka enye nizo zamenyekanye ko uyu musirikare yishe ariko imibare ikaba ikomeje...
Kugeza ubu Amerika n’icyo gihugu cya mbere giha intwaro Israel akaba ari nacyo cyayifashije kubaka igisirikare gihambaye.
Nk’uko bivugwa n’ikigo Stockholm International Peace Research Institute...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yashimagije amakipe ya Simba Sports Club na Young Africans yo mu gihugu cye, nyuma yo gusezererwa muri ¼ cy’irangiza cya CAF Champions league.
Young...
Umuvugizi wa Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yanyomoje amakuru yavugaga ko ku Cyumweru yari i Kigali aho yari yitabiriye umuhango wo kwibuka ku...
YANDITSWE NA BABOU BÉNJAMIN
Umuryango wa SADC watangaje ko abasirikare bane bawo bari mu bo wohereje kurwanya umutwe wa M23 biciwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ikigo...
Ingo nyinshi zo muri iyi minsi zisigaye zihama ari hamana ku buryo hari n’abasezerana kubana bagatandukana batarabyarana umwana n’imwe. Akenshi ibi biterwa no kudahuza kwa hato na hato...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.