Hari byinshi byakozwe,dushima,ariko hari n'ibindi bitameze neza tutabura kugaya no kunengwa.
Mu bigaragara,n'ubwo atabasha kugeza ijisho kuri buri kimwe,ariko na bamwe mu bamwunganira,harimo...
Ku isa cyenda na 42, Paul Kagame,watorewe kuyobora manda y'imyaka itanu(5), yarahiriye kongera kuba perezida wa repubulika y'u Rwanda.
Mu ijambo yavuze kuri uyu munsi,yibanze ku kijyanye...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25, igabanya amahoro ku bicuruzwa bitumizwa mu mahanga birimo umuceri, isukari n’ibindi bicuruzwa byinjira mu...
Aya ni amashusho yafashwe ubwo uyu muhanzikazi yasesekaraga mu mujyi wa Sao Paulo muri Brazil, aho yitabiriye ibirori bya C6 Fest biri kubera muri uwo mujyi.
Uyu mukobwa umaze kumenyerwaho...
Amakuru,
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ya Rwanda, NEC, yatangaje gahunda n’amakuru y’ingenzi yerekeye amatora ya Perezida na Abadepite yo mu mwaka wa 2024.
Ibyavuye mu matora...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora,NEC yavuze ko iby’ibanze bizaba byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika izabitangaza mu ijoro ryo ku wa 15 Nyakanga 2024, mu gihe ibyavuye mu matora y’Abadepite...
Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse no ku myanya y’abadepite. Ku mwanya w’umukuru w’igihugu abagaragajwe ko...
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Maj Gen (Rtd) Albert Murasira, yasobanuye ko impunzi zirindwi Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi (UNHCR) rishinja u Rwanda kwanga kwakira...
Ni iki cyaba kihishe inyuma y'ibi:
Mu kwezi kwa 3, byavuzwe ko hari toni zigera ku 1500 z'umuceri zari zakuwe mu gihugu cya Tanzania,kugira ngo ucuruzwe mu Rwanda.
Nyuma y'uko uwo muceri ugera mu...
June 11, 2024
Intambara hagati y’ingabo za Leta ya Kongo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 irakomeje mu nkengero za Kanyabayonga, aho izi nyeshyamba zafunguye inzira zinjira muri uyu Mujyi, ni mu gihe...
Kugeza ubu ni we mugore wenyine wifuza kuba umukandida perezida mu matora yo mu kwezi kwa Nyakanga (7).
Mu myaka irindwi ishize kandidatire ye yaranzwe kuko itari yujuje ibisabwa nk’uko komisiyo...
AMASHUSHO: Mu ruzinduko rwe rw’iminsi ine ari kugirira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida wa Kenya, William Ruto, yagaragaye ananirwa kumvikana n’uwavugaga Icyongereza mu buryo...
Umugabo wo mu Karere ka Nyanza yaguwe gitumo yiha akabyizi n’umugore w’abandi, bombi bahita batabwa muri yombi.
Byabereye mu mudugudu wa Bigarama mu kagari ka Rwotso mu murenge wa Kibirizi mu...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.