Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
RIB yatangiye gukora nyuma y' Itegeko rishyiraho Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwashyizweho mu 2017 ryateganya ko RIB ifite inshingano zikurikira. kwinjira mu nyubako n’ahantu...
0 Reactions
0 Replies
102 Views
TUMENYE INSHINGANO ZA RNP NA RIB. Itegeko nimero 026/2023 ryo ku wa 17/05/2023 rigenga Polisi y’u Rwanda Inshingano za Polisi y’u Rwanda ni izi zikurikira: 1.Kugenzura ko amategeko...
0 Reactions
0 Replies
87 Views
Bamwe mu bakozi bakoreraga umushinga utegamiye kuri leta wa MSF(Medécin Sans Frontières),bavuze ko uwo mushinga,aho bakoreraga mu nkambi ya Nduta,bategetswe kwandika amabaruwa asezera akazi...
0 Reactions
0 Replies
74 Views
Rwamagana: Kabera Samuel wakekwagaho kwica Sibomana Emmanuel wari wararokotse Jenoside yakorewe Abatutsi nawe yaraye arashwe! Bivugwa ko yagerageje gutoroka Polisi ubwo yari agiye kuyereka aho...
0 Reactions
0 Replies
70 Views
Bamwe mu bakozi bakoreraga umushinga utegamiye kuri leta wa MSF(Medécin Sans Frontières),bavuze ko uwo mushinga,aho bakoreraga mu nkambi ya Nduta,bategetswe kwandika amabaruwa asezera akazi...
0 Reactions
0 Replies
71 Views
Ubukungu bw'igihugu ntibusiba kuzmuka,ku kigero bivugwa ko gishimishije. Nyamara urebye ubuzima abantu babayemo,buteye agahinda. Buzamurwa n'iki,buzamuka kuri ba nde? Hakorwa iki!
0 Reactions
0 Replies
72 Views
Umuyobozi w’urwungwe rw’amashuri rwa Nyarupfubire, Gatare Jacques, arashakishwa n’inzego z’umutekano akekwaho gukubita no gukomeretsa byavuyemo urupfu. Hafi ya buri munsi,umuntu aricwa mu Rwanda...
0 Reactions
0 Replies
57 Views
Mu binyamakuru bitandukanye mu Rwanda,haravugwa inkuru ya laboratwari izajya ipima ubuziranenge bwa kasike zambarwa n'abari kuri moto. Gusa, nyuma yo gusezereza izari zihasanzwe,mu bihe bishize...
0 Reactions
4 Replies
240 Views
Hari akageso abnyarwandakazi basigaye bariharaje, kandi kagayitse. Umuntu aratwita,akabyara,akarera,yarangiza akihekura! Ni inkuru yavuzwe mu bitangazamakuru,aho umubyeyi utaramenyekana yataye...
0 Reactions
0 Replies
119 Views
Hari ibintu bisa n'ibibabaje cyangwa bitangaje. Muri iyi si ntacyo dukora tutiganye ibikorwa n'abandi cyangwa ibyabayeho. Rimwe na rimwe iyo bigeze mu myidagaduro,hari aho usanga abantu bakina...
1 Reactions
3 Replies
248 Views
Iri tegeko ribuza umuntu uwo ari we wese kwemerera umwana uri munsi y’imyaka 16 kuba yakoresha imbuga nkoranyambaga. Harimo ko urubuga nkoranyambaga rutazashyiraho amabwiriza abuza abana...
1 Reactions
0 Replies
189 Views
Ni umubikira,Nyiraaminani Belancille ukuriye ikigonderabuzima cya Save mu karere ka Gisagara,umushoferi wa ambulance,n'umuforomo. Biravugwa ko umubikira wari ukuriye ikigonderabuzima,yahaye...
0 Reactions
1 Replies
147 Views
Nyuma yo kwirukanwa kw'abayobozi 11 mu karere ka Nyamasheke, aho byitwa ko banditse basezera ku mirimo,ni inkuru na yo ikomeje kuvugisha benshi,nyuma y'uko meya Kibiliga Anicet na bamwe mi bo bari...
0 Reactions
1 Replies
111 Views
Umuhinde Salman Khan, washakishwaga n'inzego z'umutekano, zirimo na polisi mpuzamahanga, yasubijwe iwabo nyuma y'igihe yari amaze afungiye mu Rwanda. Khan yafashwe kuwa 9 Nzeri 2024 nyuma yo...
0 Reactions
0 Replies
130 Views
Ni kenshi impanuka n'ibiza bitwara ubuzima bwa benshi. Ni ibintu muri rusange tudafite aho twahungira,uretse kugerageza kubikumira bitaraba, cyane ko hari byinshi usanga byatejwe n'abantu ubwabo...
1 Reactions
1 Replies
251 Views
Kenshi mu gihugu hagiye humvikana ihindagurika ry'ibyemezo biba byafashwe n'abakuriye inzego runaka. Na none,ugasanga iyo ibyo byemezo bifashwe,hari ababa bashoyemo akayabo,akenshi ugasanga...
0 Reactions
0 Replies
114 Views
Leta ya Australia,yagejeje ku nteko ishinga amategeko umushinga wo gushyiraho itegeko rikumira abana bari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga,ndetse inasaba ibigo bifite izo mbuga...
0 Reactions
0 Replies
153 Views
Polisi yatangaje ko yataye muri yombi umukecuru w’imyaka 60 wo mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Ruhango, nyuma y’uko mu rugo rwe hapfiriye umugabo w’imyaka 29 bivugwa ko yari yahaje ngo uwo...
0 Reactions
0 Replies
211 Views
Maze igihe nibaza iki kibazo ariko nabuze igisubizo gifatika. Ubundi,abarwaye indwara ya Diabete,hari byinshi babuzwa kurya cg kunywa,ubundi hakagira ibyo basawa kugabanya. Bivugwa ko mu byo...
0 Reactions
2 Replies
1K Views
Ati “Yahagiye batubwira ko abatuye mu Mujyi bakoresha umuriro mwinshi, ariko Ubunini bwa Transfo n’abayikoresha nta hantu buhuriye ahubwo ni igihombo ku kigo.” Mu bigaragara,hari abantu bari aho...
1 Reactions
1 Replies
211 Views
Back
Top Bottom