Imibare ihuriye he n'impinduka ku muturage? Umuyobozi ufite inshingano arazibazwa?
Intambwe nziza yatewe ni uko ubuyobozi budaheza. Dufatiye urugero ku bafite ubumuga, mu nzego zitandukanye.
Kubeshya inzego z’umutekano mu Rwanda ni ibintu bigoye cyane. Umutekano mu Rwanda ni priority number 1. Noneho ku Munyarwanda bikaba akarusho.
Ya debate imaze iminsi ngo y’abanyamahanga bakubise...
Ariko umuntu washoye umushinga w'amagare, byahereye he ko atakigaragara mu mujyi? Buriya nibura ayo yashoye, yarayagaruje? Iyo leta imushakira agace katageramo imodoka na moto ko wenda byari...
Ni nyuma yo gutangaza ko ibitero igabwaho, bishobora gutuma ifata ibibuga by'indege bikoreshwa na FARDC n'abambari bayo.
Umuvugizi w’Ishami rya Politiki muri M23, Lawrence Kanyuka, yavuze ko uyu...
Abacuruzi b’inzagwa bo mu Murenge wa Matyazo wo mu karere ka Ngororero
basigaye bajijisha bagacururiza inzoga zitemewe mu mugezi wa Rubagabaga, abaturage bagahamya ko ubuyobozi buba bubizi...
Ikibazo umuntu yakwibaza ni kimwe: umusanzu ukubwe kabiri. Umushahara, n'ubundi ni wa wundi. Ibi bivuze ko ahubwo leta yagabanyije na wa mushahara umuntu yabonaga. Kuko niba kutwo...
Abapfubuzi barishyurwa,bakabaho. Indaya zikicuruza,zikabaho. Utabikora,ati ni umwuga ugayitse. Ubikora,ati ni akazi nk'akandi. Harya ubwo, ari ubikora n'ubigaya,ikibazo ni icya nde?
Abana babyiruka ubu,tubatezemo babyeyi ki?
Mu minsi ishize,umusore bivugwa ko ari umurundi,n'ubwo atari yo ntandaro yo kumugirira nabi,yiyunze kuri bagenzi be ngo bajye kuryoshya. Abasore n'inkumi...
Mu Kagari ka Cyabararika mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze abaturage bishyize hamwe bagura amapoto n’insinga bagamije kwizanira umuriro w’amashanyarazi, ariko babwirwa ko amapoto bashakaga...
Amakuru agenzeho aravuga ko President wa Congo, Felix Tshisekedi yatanze itegeko ko umujyi wa Lubero utagomba kujya mu maboko ya AFC/M23.
Umwe mu bantu bari mu mujyi wa Lubero yavuze ko ingabo...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.