U Rwanda, Ghana, Seychelles, Gambia na Benin. Ni byo bihugu byonyine byemerera abanyafrika bose kubigeramo nta visa basabwe. Kubera iki ibindi bitajya muri uwo murongo?
Ni amagambo ya Patrick Muyaya, umuvugizi wa leta ya Congo, aburira u Rwanda. Amaherezo ni ayahe? M23 ifashe Masisi, bamwe mu basirikare bati nta gace na kamwe isigaranye!
Mu gihugu nk’u Rwanda,aho abantu bataka ubucyene, akazi kagatangira saa tatu, inzego bireba zikabiha umugisha; ugeze ku kazi na we, bamwe bati ndakora alangana n’umushahara bampemba. Ni uwuhe...
Kugeza ubu moto imaze igihe kiri munsi y’imyaka itanu ubwishingizi bwayo ni 184 000 Frw ku mwaka, na ho imaze imyaka irenga itanu ikishyuzwa ibihumbi 225 Frw, mu gihe irenze imyaka 10 yo igiciro...
Ubuyobozi bw'umurenge wa Rugarama mu karere ka Burera,
bwabwiye bwemeje ko bugiye gukurikirana abayobora imidugudu mu kagari ka Cyahi batse abaturage amafaranga babizeza kubaha amashanyarazi...
Mu murenge wa Mutete mu karere ka Gicumbi;
hari abaturage basaba ko bakwimurwa kuko ngo inzu zabo zikomeje gusenywa n'intambi z'ibirombe abashinwa bacukuramo amabuye y'ubwubatsi. Barasaba...
Umukobwa wo mu murenge wa Byumba akarere ka Gicumbi, arashinja nyina kumutwara umugabo. Se w’umukobwa na we akavuga ko yabifatiye atari inkuru yabwiwe. Ubwo icyakurikiye ni uko umukecuru atari...
Mke anayejitambua huwa ni chachu ya maendeleo ya mwanaume asiyejitambua na familia kwa ujumla.
Na mume asiyejitambua huwa ni chachu ya maendeleo ya wanawake, na wanawake wengine wa pembeni..
Ni...
Hari abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, bavuga ko intambi zirimo guturitswa mu ikorwa ry'umuhanda uhuza akarere ka Nyanza n'aka Bugesera zatumye bavanwa mu nzu zabo, ubu bakaba...
Mu gihe imiryango yasigaye ku kirwa cya Sharita mu murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera, igaragaza ko ibangamiwe no kuba mu bwigunge kubera kutagerwaho n’ibikorwaremezo , ubuyobozi bw’aka karere...
Abaturage bo mu kagari ka Buhabwa,Umurenge wa Murundi mu karere ka Kayonza; abadamu barataka isenyuka ry’ingo zabo, aho ngo abagore baza gupagasa muri ako gace,bibana, bamenyera abagabo...
Hari abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka NYANZA,
bavuga ko intambi zirimo guturitswa mu ikorwa ry'umuhanda uhuza akarere ka Nyanza n'aka Bugesera zatumye bavanwa mu nzu zabo, ubu...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.