Abana barara muri za rigore mu mujyi wa Huye ndetse no kumabaraza yo mu mujyi wa Huye baratabaza ngo inzego zikurikirane ibibazo byabo byatumye bisanga mu buzima bwo ku muhanda birimo intonganya...
Abasore babiri bo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Save, barashwe n’Umupolisi barapfa nyuma yo kubavumbura aho bari bihishe, Polisi ivuga ko bari batorotse kasho bamaze gufatwa kubera icyaba...
Perezida mushya wa wa leta zunze ubumwe za Amerika,yasinye itegeko rivana igihugu agiye kongera kuyobora, mu bihugu bigize umuryango mpuzamahanga wita ku buzima. Biravugwa ko Amerika ari yo...
https://en.igihe.com/spip.php?page=mv2_article&id_article=52688
Paul Kagame ati abambara ubusa, burya no mu mutwe baba bambaye ubusa. Urebye abo bantu, amakoro yabo, ukibaza uzamukomokaho uko...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Mutarama 2025 wafashe santere ya Minova muri teritwari ya Kalehe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Minova yari inzira...
Musanze: Mu murenge wa Gacaca , abana baravugwaho kwica Nyirarume w'imyaka 56 bamuteye ibyuma. Abo mu muryango wa nyakwigendera babwiye TV1 ko bari bafitanye amakimbirane ashingiye ku isambu...
Mu murenge wa Rugarama mu karere ka Burera, hari umugore usaba ubutabera nyuma y'aho umugabo we yiciwe aho yari yaraye irondo agatabarizwa n'abandi banyerondo bari kumwe. Ng'ubwo ubudasa iwacu
Hari abaturage bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza,
bavuga ko imfashanyo y'imbuto y'ibishyimbo bari bemerewe ngo bahangane n'amapfa yaburiwe irengero kandi yari iyo kubakiza inzara. Gusa...