Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Perezida Kagame yavuze ko hari Imiryango ivuga ko itabara imbabare ihora idashaka ko impunzi zataha ngo izifashirize mu ngo zazo, ahubwo igahora yifuza ko abaturage bahora bazaharira mu nkambi ngo ibone kubafasha.Ati “Aho kugira ngo bajye aho batuye bazifashirizeyo, Ibintu byaba ari iby’agaciro, si byo bakora. Bahora binubira ko abo baturage bavuye mu nkambi aho badashobora kubaha izo mfashanyo. Ni Ikibazo cya politiki ndetse kinahari ubu. Kirahari ubu ndetse cyahozeho mu myaka 30 ishize.”