Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Ku mupaka munini uhuza Goma na Gisenyi hagiye kwambukira ingabo za SADC zari zaje gufatanya n'abasirikare ba Leta ya DR Congo (FARDC) mu kurwanya umutwe wa M23. Izo ngabo zigiye kunyuzwa mu Rwanda zisubira iwabo muri Afurika y’Epfo.