Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Hari bamwe mu baturage bo mu mudugudu wa Gatare, mu kagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza w’Akarere ka Musanze
bavuga ko bari kurara badasinziye ngo bitewe nuko inzego z’umutekano (Polisi na DASSO)
ziri kuza kubafata nijoro babakekaho kujya gucukura zahabu mu gishanga giherereye muri aka gace.
Aba baturage bakomeza bavuga ko benshi muri bo bamaze kubamarira mu bigo by'inzererezi na Casho ngo nyamara Polisi iza kubafata itabanje kumenya neza abajya gucukura iyi zahabu.Barasaba ko ubuyobozi bwabarenganura bakajya barara badafite ubwoba ngo kuko abenshi barara basembera batakirara mu ngo.
Umuvugizi wa Police y’u Rwanda mu ntara y’Amjayaruguru SP Jean Bosco Mwiseneza, yavuze ko aba baturage bafatiwe mu bikorwa bya police byo kurwanya ubucukuzi butemewe n’amategeko batigeze babakura mu rugo.
bavuga ko bari kurara badasinziye ngo bitewe nuko inzego z’umutekano (Polisi na DASSO)
ziri kuza kubafata nijoro babakekaho kujya gucukura zahabu mu gishanga giherereye muri aka gace.
Aba baturage bakomeza bavuga ko benshi muri bo bamaze kubamarira mu bigo by'inzererezi na Casho ngo nyamara Polisi iza kubafata itabanje kumenya neza abajya gucukura iyi zahabu.Barasaba ko ubuyobozi bwabarenganura bakajya barara badafite ubwoba ngo kuko abenshi barara basembera batakirara mu ngo.
Umuvugizi wa Police y’u Rwanda mu ntara y’Amjayaruguru SP Jean Bosco Mwiseneza, yavuze ko aba baturage bafatiwe mu bikorwa bya police byo kurwanya ubucukuzi butemewe n’amategeko batigeze babakura mu rugo.