Marie Antoinette
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 426
- 412
Mu gihe imiryango yasigaye ku kirwa cya Sharita mu murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera, igaragaza ko ibangamiwe no kuba mu bwigunge kubera kutagerwaho n’ibikorwaremezo , ubuyobozi bw’aka karere buravuga ko ari ikibazo kizwi ariko hakiri gushakwa ingengo y’imari kugira ngo aba na bo bakurwe kuri iki kirwa. Abandi ko bakodesherezwa, aba bo byagenze bite?