Abadepite ba Afrika y'epfo, basabye leta kuvana abasirikare babo muri DRC

Abadepite ba Afrika y'epfo, basabye leta kuvana abasirikare babo muri DRC

Twin_Kids

JF-Expert Member
Joined
Feb 25, 2016
Posts
3,692
Reaction score
5,647
Abadepite ba Afurika y’Epfo basabye Guverinoma yabo kuvana Ingabo z’icyo gihugu, SANDF, mu Burasirazuba bwa Congo kuko icyazijyanyeyo kitazwi niba kiri mu nyungu z’Igihugu cyangwa iza Perezida Cyril Ramaphosa.Babisabye kuri uyu wa Kabiri, ubwo Minisitiri w’Ingabo, Angie Motshekga n’Umugaba Mukuru w’Ingabo, General Rudzani Maphwanya, bari bitabye Komisiyo ishinzwe Umutekano mu Nteko, kugira ngo basobanure iby’ubutumwa bw’Ingabo z’icyo gihugu muri Congo.
 
Back
Top Bottom